Hafi y’ Umusaraba

 


1.Hafi y’Umusaraba,aho ntura iteka,
niho mperwa ku buntu amazi y’ubugingo.


Ref:
nirata umusaraba kugeza ubwo nzaba
mbonye uburuhukiro hakurya y’uruzi


2.nahageze nshobewe,nsinzwe n’urubanza,
Yesu arambabarira,angotesha urukundo.


3.mwami Yesu unyibutse uwo musaraba.
kugira ngo ngendere mu gicucu cyawo.


4.Ni w’utuma nemera Kwang’ iby’isi rwose,
Kukw ari w’unkundisha Yesu wamfiriye.


5.Hafi y’Umusaraba, Ni ho ntur’iteka,
Ntegerej’ igihe cyo Kwambuka rwa Ruzi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *